Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:
a.Ahatarengeje metero 1 imbere cyangwa inyuma y’ikinyabiziga gihagaze akanya gato cyangwa kanini
b.Ahantu hari ibimenyetso bibuza byabugenewe
c.Aho abanyamaguru banyura mu muhanda ngo bakikire inkomyi
d.Ibisubizo byose nibyo

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.