Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira:

Kunyura ku binyabiziga bindi, uretse icy’ibiziga bibiri, bibujijwe aha hakurikira:
a.Hafi y’iteme iyo hari umuhanda ufunganye
b.Hafi y’aho abanyamaguru banyura
c.Hafi y’ibice by’umuhanda bimeze nabi
d.Ibi bisubizo byose ni ukuri

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.