Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:
a.imbere y’ahantu nyabagendwa hinjirwa n’ahasohokerwa n’abantu benshi
b.mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate bigaragazwa n’imirongo icagaguye
c.A na B ni ibisubizo by’ukuri
d.nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.