Ni ubuhe buryo bwiza bwakurikizwa igihe hari umuntu wakomerekeye mu mpanuka yo mu muhanda ?

Ni ubuhe buryo bwiza bwakurikizwa igihe hari umuntu wakomerekeye mu mpanuka yo mu muhanda ?
a.Ku mushyira kunkengero y’umuhanda
b.Kutamukuramo keretse mugihe hari ibyago byaterwa n’inkogi y’umuriro cyangwa akaba ashobora kugongwa n’ikindi kinyabiziga no guhamagara ababishinzwe
c.Gusaba uwakomeretse kunyeganyeza ibice by’umubiri kugirano umenye aho ibikomere bye bigarukira
d.Guhumuriza uwakometse ukamuha ikinyobwo gikonje

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.