Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata ibumoso yakora iki?

Igihe umuyobozi w’ikinyabiziga agendera munzira y’icyerekezo kimwe akifuza gukata ibumoso yakora iki?
a.gutwara yegera umurongo wo hagati mu muhanda yerekeza ibumoso
b.gutwara yegera uruhande rw’iburyo bw’umuhanda
c.gutwara yegera ku uruhande rw’ibumoso bw’umuhanda
d.Gutwarira hafi y’umurongo ugabanya umuhanda mo kabili

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.