Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kandi ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi abujijwe:

Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kandi ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi abujijwe:
a.kugendera mu gisate cy’iburyo
b.kunyuranaho
c.kugendera mu gisate cy’ibumoso
d.ibisubizo byose ni byo

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.