Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:

Question 20 illustration

Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:

a.Ni itara ry’icyatsi rishyirwa imbere ku kinyabiziga
b.Ni itara ry’icyatsi rishyirwa ibumoso
c.Ni itara ry’umuhondo rishyirwa inyuma
d.A na C ni ibisubizo by’ukuri

Dukurikirane Kumbuga Nkoranyambaga

Rwanda Traffic Guide Logo

Rwanda Traffic Guide

RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.