Umuyobozi w’ikinyabiziga ugeze mu isangano ry’umuhanda ugenzurwa ni ibimenyetso by’amatara yaka agasanga ataka (adakora), yakora iki?

Umuyobozi w’ikinyabiziga ugeze mu isangano ry’umuhanda ugenzurwa ni ibimenyetso by’amatara yaka agasanga ataka (adakora), yakora iki?
a.Guca mu isangano n’ubwitonzi nkaho ntakimenyetso kikuyobora kirimo, witondera abandi bayobozi b’ibinyabiziga
b.Gutwara neza ntagutinda mw’isangano
c.Guhagarara mw’isangano no guha inzira abayobozi b’ibinyabiziga baturuka iburyo bwawe
d.Gucana amatara yose ndanga cyerekezo ugakomeza

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.