Ni iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ahuye n’ishyo ry’amatungo munzira nyabagendwa?

Ni iki umuyobozi w’ikinyabiziga yakora ahuye n’ishyo ry’amatungo munzira nyabagendwa?
a.Kuvuza ihoni kugirango ayo matungo atambuke
b.Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba kugabanya umuvuduko no gutambukana ubwitonzi
c.Kwatsa amatara maremare n’amagufi no gutambuka vuba bishoboka
d.Kuvuza ihoni no gutambukana ubwitonzi

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.