Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:

Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro rishyirwa ahagana he:
a.Kuri buri nzira
b.Hagati y’amasangano
c.Iburyo bw’amasangano
d.a na b ni ibisubizo by’ ukuri

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.