Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:

Question 43 illustration

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya kanini aha hakurikira:

a.Imbere y’ahantu hinjirwa hakasohokerwa n’abantu benshi
b.Mu muhanda aho ugabanyijemo ibisate bigaragazwa n’imirongo idacagaguye
c.A na B ni ibisubizo by’ukuri
d.Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Dukurikirane Kumbuga Nkoranyambaga

Rwanda Traffic Guide Logo

Rwanda Traffic Guide

RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.