Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira:

Question 45 illustration

Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’ inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru mu bihe bikurikira:

a.Iyo hari amategeko yihariye yerekanwa n’ibimenyetso
b.Iyo badatatanye kandi bayobowe n’umwarimu
c.Iyo hatari amategeko yihariye yerekanwa n’ibimenyetso
d.Ibisubizo byose ni ukuri

Dukurikirane Kumbuga Nkoranyambaga

Rwanda Traffic Guide Logo

Rwanda Traffic Guide

RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.