Amatara ndangacyerekezo agomba kuba agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa, biringaniye ku buryo bigira umubare utari igiharwe ku mpande z’imbere n’inyuma z’ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara akurikira:

Question 83 illustration

Amatara ndangacyerekezo agomba kuba agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa, biringaniye ku buryo bigira umubare utari igiharwe ku mpande z’imbere n’inyuma z’ikinyabiziga ayo matara aba afite amabara akurikira:

a.amatara y’imbere aba yera cyangwa ari umuhondo
b.ayinyuma aba atukura cyangwa asa n’icunga rihishije
c.A na B ni ibisubizo by’ukuri
d.ayinyuma aba asa n’icunga rihishije

Dukurikirane Kumbuga Nkoranyambaga

Rwanda Traffic Guide Logo

Rwanda Traffic Guide

RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.