Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa aha hakurikira:

Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa aha hakurikira:
a.mu masangano
b.mu gice cy’inzira nyabagendwa kiri hagati yaho bishinze n’inkomane ikurikiyeho ku ruhande rw’inzira bishinzeho
c.ibyo byapa bishyirwaho hakurikijwe intera ibitandukanya
d.B na C ni ibisubizo by’ukuri

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.