Igihe ukurikiwe n’ikinyabiziga gitwara abarwayi gicanye amatara y’intabaza arabagirana. Wakora iki ?

Igihe ukurikiwe n’ikinyabiziga gitwara abarwayi gicanye amatara y’intabaza arabagirana. Wakora iki ?
a.Kugihigamira ako kanya ndetse byaba ngombwa ugahagarara
b.Kongera umuvuduko kugirango ugisige
c.Kugumana umuvuduko wari ufite
d.Guhagarara bitunguranye mu muhanda

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.