Muri iri sangano ry’umuhanda hari icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo wera urombereje munzira . Niyihe mpamvu hari iki cyapa cyo “guhagarara” hano?

Muri iri sangano ry’umuhanda hari icyapa gisobanura “guhagarara” n’umurongo wera urombereje munzira . Niyihe mpamvu hari iki cyapa cyo “guhagarara” hano?
a.Biragoye kubona neza mu muhanda munini
b.Umuvuduko mu muhanda munini wavanyweho
c.Ni mwisangano ry’umuhanda rikoreshwa cyane
d.Hari imirongo iburira ibyago bitunguranye

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.