Ni iki gikenewe muri ibi bikurikira kugirango ubashe gutwara imodoka mu muhanda biteganywa nitegeko

Ni iki gikenewe muri ibi bikurikira kugirango ubashe gutwara imodoka mu muhanda biteganywa nitegeko
a.Uruhushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga rugifite agaciro
b.Ubwishingizi bw’ikinyabizaga bugifite agaciro
c.Icyemezo cy’iyandikwa ry’ikinyabiziga
d.Ibisubizo byose nibyo

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.