N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?

N’iyihe myifatire myiza wagira ugeze aho abana bari hafi y’inzira nyabagendwa?
a.Itonde , witegereze ni biba ngongwa ubaburire unitegura kuba wahagarara
b.Ihute urenge aho abo bana bari
c.Komeza ugume ku muvuduko munini
d.Komeza ugendere kuruhande rw’iburyo

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.