Mu gihe hari undi muyobozi w’ikinyabiziga ugukurikiye watangiye kukunyuraho:

Mu gihe hari undi muyobozi w’ikinyabiziga ugukurikiye watangiye kukunyuraho:
a.Ntugomba kugira undi muyobozi w’ikinyabiziga unyuraho
b.Ugomba kunyura ku kindi kinyabiziga
c.Ugomba kunyura kukindi kinyabiziga uvugije ihoni
d.Nta gisubizo cy’ukuri kirimo

Rwanda Traffic Guide
RwandaTrafficGuide ni ishuri ryabigize umwuga mukwigisha amategeko yumuhanda; Kuva mumwaka wa 2013 tumaze kwigisha abanyeshuri bagera kuri 20,000. Kugeza ubu abanyeshuri bose bigira ubuntu ndetse bakigira Online bitabasabye kuva aho bari.